Saturday, July 27, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

Abakobwa barwaniye mu muhanda bagera ku rwego rwo kwambikana ubusa.

Spread the love

Abakobwa babiri bivugwa ko batuye mu mujyi wa Kigali barwaniye mu muhanda rubura gica kubera ubusinzi.

Ni amashusho akomeje gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga yerekana abakobwa babiri baba barwanira mu muhanda. Muri ayo mashusho umukobwa umwe aba ashinja undi kumuhemukira, aho aba yumvikana amushinja uburaya.

Aba bakobwa barwana intambara y’inkundura bikagera naho bambikana ubusa , kuko abaraho barabakiza ariko bikaba uby’ubusa. Muri iyi minsi ubusinzi bukomeje kwiyongera mu rubyiruko nk’uko bigenda bigaragara hirya no hino.

 

Imirwano yari yakameje.

Umwe mu bari aho agerageza kubakiza.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles