Sunday, September 8, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

AUSTRALIA BUGARIJWE N’IKIBAZO CY’UBUREZI

Spread the love

Amakuru dukesha ’’ The Guardian’’ avaga ko mu gihugu cy’Australia hakomeje kugaraga ibura ry’Abarimu ndetse n’Abanyeshuri bafite ubushacye bwo kwiga uburezi muri icy’Igihugu gusa Leta y’Australia ivuga ko yafashe ingabamba zishobora gucyemura iki cyibazo nko gushyiraho arenga miliyoni 40000$ z’Amadorali y’Amerika.

Bavuga ko kandi muri uy’umwaka habaye igabanuka rigera kuri 19.24% muri 2023 bivungwa ko rero ari ikigereranyo cyohasi kuva mu mwaka wa 2016 kuva hashyirwa hanze inyandiko rusange.

Muru rusange uburezi bwashyinzwe kumwanya wa Karindwi 7.

Minisitiri w’uburezi Jason Clare yavuze ko kuva mumyaka 10 ishize urubyiruko rwitabiraga uburezi rwagabanutseho ku kigereranyo 12%’ kandi akomeza avuga ko Abanyeshuri bitabira kwiga uburezi 50% aribo basoza amasomo batangiye abandi 20% ntibabasha kurangiriza mu burezi.

Yakomeje agira ati” Abarimu bakora umwe murimo y’ingenzi ku’isi hose kandi dukeneye byinshi muri muribo”.

Jason Clare kandi yerekanye buruse shya ingana 40,000$ by’Amadorali y’Amerika kandi ko bitangira mubyumweru byavuba birimbere aya mafaranga kandi ya buruse bivungwa ko azahabwa urubyiruko rugera 5000 ruzaba rwiyemeje kuba abarimu.

Jason Clare avuga ko kandi mu minsi micye hari gahunda ya Leta yo guteza imbere umwuga wo kwigisha ndetse no gushishikariza gushaka kuba abarimu ndetse no guhindura uburyo abantu bafata umwuga w,Ubwarimu mu gihugu cy,Australia ndetse no kwerekaabarimu bicyi gihugu ko Igihugu cyibatekereza .

Perezida w’ubumwe bw’Australia Correna Haythorpe yavuze ko aringobwa kwigisha abanyeshuri uburezi rusange kugirango birusheho kuba ingirakamaro.

Imibare yatanzwe n’ishami ry’uburezi, ubuhanga n’Akazi yasanze muri Australia yaragabanutseho 8% mu mwaka wa 2017 na 2020 ndetse na 17% mu bihe byashize.

Umwarimu wahoze y’igisha muri kaminuza Peita Mages akaba n’umuyobozi w’ikigo cy’igisha yavue ko abarimu be bambere batashakaga kwigisha , nyuma yo guhura ni cyibazo cyokubura abakozi ariko anavuga ko kuva mu mahanga bigenda byiyongera ariko ko natigeze ababona ibintu nkibyo.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles