Saturday, July 27, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

Icyibazo cy’ubuvuzi buhenze gikomeje gutera inkeke muri Australia.

Spread the love

Ubushakashatsi bushya bwakozwe n’amavuriro ya baganga bo muri Australia bwerekanye ko abakuze basaga ijanisha rya 35% Bose batewe inkunga.

Impuguke mu by’ubuvuzi mu gihugu cya Australia ivuga ko bitangaje kubona ibiciro biri hasi y’amafaranga yishyurwa ku mavuriro muri Australia nyuma y’ubushakashatsi bushya bwakozwe n’amavuriro ya baganga baba muri Australia bwagaragaje ko 35% by’abantu bakuze baterwa inkunga kugirango babone ubuvuzi.

Ubushakashatsi bwerekana ko umubare mu nini wa abany’Australia bishyura menshi mugihe bakeneye serivisi z’ubuvuzi cyangwa basuye ibitaro ku bwimpamvu z’uburwayi.

“9news” dukesha Iyi nkuru yatangaje ko intara yishyura menshi kurusha izindi ari “New South Wales” ifite umubare w’amafaranga yishyurwa angana na 49% ,hakurikiraho Victoria ifite umubare w’amafranga angana na 34,6%, ndetse na Queensland ifite umubare w’Amafranga anga na 26.5%  

Abatuye mu nkengero z’uburasirazuba bwa Sydney n’inyanja y’amajyaruguru barimo gutanga amadorari arenga 50 igihe cyose basuye ibitaro cyangwa abaganga.

Ariko hari Aho bivungwa ko bishobora kuba bikabije cyane ko ho nta n’umuntu wigeze abanzwa Uko ibiciro by’ubuvuzi bihagaze aha ni muri NSW ni Newcastle.

Mu burengerazuba bwa Sydney bumeze neza, abaturage bishyura amadorari 30 y’icyiguzi cya serivise z’ubuzima.

Ikibazo cy’ubuvuzi buhenze mu Gihugu cya Australia gikomeje kuba ingorabahizi cyane ko abaturage bavuga ko bugenwa nibyo ushobora kuba ukora ariko nanone hemezwa ko Impamvu yibi byose Ari igabanuka ry’ibuciroby’imibereho ya muntu ku Isi.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles