Saturday, July 27, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

Imva n’imvano y’umubano wa Afurika y’epfo n’u Burusiya ndetse na ‘’BRICS’’

Spread the love

Ishyaka riri kubutegetsi muri Afurika y’epfo ANC kuva muri 1994 rivuga ko ryahoze rifashwa n’u Burusiya na mbere bukiri Leta zunze umwe z’Abasoviyete mugihe cy’intambara y’Amoko “Apartheid” yari kuba muri Afurika y’epfo kuva 1970 mugihe ibihugu birimo Ubwongereza na Leta zunze ubumwe z’Amarika zari zishyigikiye iyo ntambara.

Ni mugihe kandi abategetsi bamwe b’Afurika y’epfo bagiye kwimenyereza no gufatirayo amasomo mu Burusiya aribo Thabo Mbeki, Jacob Zum bose banabaye abayobozi biki gihugu.

Ubu rero ibihugu birimo Ubuhinde,Brezil,Ubushinwa na Afurika y’epfo byibumbiye mu muryango byise “ BRICS”.

Uyu muryango w’ubukungu rero uvuga ko ufite icyerekezo cyuko muri 2050 bazaba barashoboye kongera ubukungu bw’ibihugu byabo kukigero cyohejuru cyane.

Kurundi ruhande ariko haribanzwa ububano urihagati n’u Burusiya niba ntacyo uzajyiza hagati yabo na Leta zunze ubumwe z’Amerika

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles