Patrick mazimpaka umunyarwanda wamamaye mu bijyanye no kubaka umubiri, ndetse no gukina filime ari mu biruhuko mu gihugu cy’u Rwanda
Patrick mazimpaka asanzwe atuye mu gihugu cya Australia, akaba avuka ku babyeyi baba nyarwanda.
Uyu musore akaba amaze kuba kimenya bose kubera kubaka umubiri hifashishijwe imyitozo itandukanye harimo no guterura ibyuma “body building”, ndetse akaba amaze no kwamamara ku ruhando mpuzamahanga rwa filime ku isi.
Mazimpaka Patrick akaba asanzwe yitabira amarushanwa ndetse akana hatanira ibihembo bitandukanye bya bubatse umubiri( body building) bisanzwe bitegurwa n’impuza mashirahamwe mpuza Mahanga y’abubatse umubiri izwi nka IFBB( International Federation of Body building and Fitness).
Mu marushanwa ya IFBB pro league yabaye uyu mwaka, Mazimpaka Patrick yaje ku mwanya wa Kane, akaba avuga ko yifuza kuzaza ku mwanya wa mbere mu irushanwa ritaha.
Mazimpaka Patrick akaba yavuzeko yifuza kuzamura uyu mwuga mu Rwanda, ndetse akabafasha kubona amahirwe yo kujya bitabira amarushanwa yabubatse umubiri ku rwego mpuzamahanga.
Sibyo gusa Mazimpaka Patrick asanzwe ari umukinnyi wa filime( Film) ukomeye cyane. Ndetse akaba yaragaragaye muri filime yakunzwe cyane yitwa ‘ young rock’ y’icyamamare The
Amafoto Mazimpaka Patrick
Wamukurikira Kuri Instagram account ye ushaka gumenya ibikorwa bye birambuye
Follow him on INSTAGRAM @patrick__physique0pp