Saturday, July 27, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

Umunyarwanda wakinnye muri filime ya the Rock yaje mu Rwanda

Spread the love

Patrick mazimpaka umunyarwanda wamamaye mu bijyanye no kubaka umubiri, ndetse no gukina filime ari mu biruhuko mu gihugu cy’u Rwanda 

Patrick mazimpaka asanzwe atuye mu gihugu cya Australia, akaba avuka ku babyeyi baba nyarwanda.

Uyu musore akaba amaze kuba kimenya bose kubera kubaka umubiri hifashishijwe imyitozo itandukanye harimo no guterura ibyuma “body building”, ndetse akaba amaze no kwamamara ku ruhando mpuzamahanga rwa filime ku isi.

Mazimpaka Patrick akaba asanzwe yitabira amarushanwa ndetse akana hatanira ibihembo bitandukanye bya bubatse umubiri( body building) bisanzwe bitegurwa n’impuza mashirahamwe mpuza Mahanga y’abubatse umubiri izwi nka IFBB( International Federation of Body building and Fitness).

Mu marushanwa ya IFBB pro league yabaye uyu mwaka, Mazimpaka Patrick yaje ku mwanya wa Kane, akaba avuga ko yifuza kuzaza ku mwanya wa mbere mu irushanwa ritaha.

Mazimpaka Patrick akaba yavuzeko yifuza kuzamura uyu mwuga mu Rwanda, ndetse akabafasha kubona amahirwe yo kujya bitabira amarushanwa yabubatse umubiri ku rwego mpuzamahanga.

Sibyo gusa Mazimpaka Patrick asanzwe ari umukinnyi wa filime( Film) ukomeye cyane. Ndetse akaba yaragaragaye muri filime yakunzwe cyane yitwa ‘ young rock’ y’icyamamare The

Amafoto  Mazimpaka Patrick

Wamukurikira Kuri Instagram account ye ushaka gumenya ibikorwa bye birambuye

Follow him on INSTAGRAM @patrick__physique0pp

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles