Saturday, July 27, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

ICYO UTARUZI KURABA BAHANZI B’ABANYARWANDAKAZI (Ariel wayz , Aline Sano & Bwiza)

Spread the love

Barateye intabwe ikomeye kuhera muri 2019 kugeza ubu nuko hagiye hagaragara imbara nimbaduko idasazwe kubahanzi kazi aho Umuziki wurwanda umaze gutera imbere kukigero gishimishije ,aho usanga naba nyarwanda kazi twari tumenyereyeko umuziki mwiza ukora cyangwe ukakorwa naba hungu cyangwa igitsina gabo rero ni mururwo rwego harabakobwa cyangwa abanyarwandakazi bagiye bigaragaza ko nabo bashoboye 

 Akayezu Ariel uzwi kwizina rya ariel wayz mu ruganda rw’imyidagaduro ,wavukiye mu karere ka Rubavu mu ntara yuburengerazuba 2000.

Ariel Wayz ntakidasanzwe kubona yarakuze akunda umuziki kuko yakuze nyina akunda kuririmba muri orukesiteri (orchester) yitwa INGERI muri imyaka ya 1990. .uyu munyamuziki yakoze umuziki atangiranye na group yitwa SYMPHONY BAND nyuma yuko avuye kunyundo school of art and music ntawaruzi ko yaba umunyarwandakazi wambere muri industry ya mu Rwanda

Ariel wayz umurwandazi wabaye uwambere muri undustry ya music 2022

 Ariel wayz yasohoye indirimdo ye arikumwe n’umukunzi we yitwa Away bya tumye abona ikiraka cyo kuririmba mu mikino ya basiketi. 

wayezu Ariel yaje gukundana Numans mugenziwe uzwi ku izina rya juno kizigenza .

byaravuzwe cyane kuko bose bari ibyamamare muri muzika, aho haje gushira amezi atandatu bakundana . Gusa ntabwo byakomeje kumuhira kuko uwo yitaga umukunzi we yaje ku mutenguha. 

 Aline sano Shengero uzwi nka ALYN Sano umuhanzi kazi wumunyarwa wavutse mu 1995 wamenyekanye cyane mu gihugu cyu Rwanda ndetse no hanze yacyo kubera gusubiramo indirimbo zabandi bizwi nka cover ndetse agakora nize bwite akaba azwi no mubyo kwandika indirimbo

Aline sano umuhanzikazi wazanye impinduka mumuziki nyarwanda guhera 2015

Alyn Sano yavuye muri korari muri 2015 ubwo yagiraga ibyago akabura umuvandimwe we mu mpanuka yarangiza agatabarwa nabavandimwe bo hanze bataririmbanaga kandi we yari yizeye ko abavandimwe be bo muri korari bazamuba  hafi nk’abantu yiyumvagamo kurusha abandi araheba asezera korali ubwo asa nkubivumburaho  Alyn Sano yamamaye cyane kundirimbo zirimo nka:;kontorora, naremewe wowe na for us

Bwiza Emerance (yavutse 09 Kanama 1999) ni umukobwa w’imfura iwabo mu muryango w’abana bane , mu bakobwa babiri n’abahungu babiri. ni umukobwa w’umunyarwandakazi uzwi kwizina rya bwiza akaba ari umwanditsi, umuririmbyi n’umuhimbyi w’indirimbo uri kuzamuka mu muziki nyarwanda akaba ari nawe watsinze irushanwa rya “The Next Diva _Indi Mbuto” ryabaye ku nshuro yaryo ya mbere. Bwiza umuhanzi kazi nyarwanda wamamaye mukwandika ndetse no kuririmba

Umuziki nyarwanda umaze kugera kurwego rushimishize kubera hajemo gender balance byatumye abakobwa bitinyuka muri rusange bikaba biri kukigero kiri mpuza mahanga

Bwiza umuhanzikazi nyarwanda wamamaye mukwandika ndetse no kuririmba

Uwayezu Ariel wamamaye mu muziki nka Ariel wayz

Aline sano Shengero uzwi nka ALYN Sano mu muziki.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles