Saturday, July 27, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

Ni AKUMIRO! umva inkuru itangaje y’umugore uvukana n’abana be

Spread the love

Umugore wo mu gihugu cya Ghana, yahishuye uko yabyaranye na Se, abana batatu kandi afite umugabo w’isezerano babana.

Umugore w’imyaka 35 y’amavuko, wo mu gihugu cya Ghana, yahishuye uko yabyaranye abana batatu na Se umubyara, nubwo afite umugabo. Ibi byatangarijwe kuri City Tv/fm mu kiganiro cyahariwe abakundana cyitwa ‘Sister Sister ‘ mu ibaruwa uyu mugore yabandikiye.

Umubano w’uyu mugore na Se watangiye kera. uyu mugore avuga ko, ubwo yari afite imyaka 15, nibwo yatangiye kujya aryamana na Se.

Nyina w’uyu mugore ubwo yamenyaga ko umugabo we, aryamana n’umukobwa wabo,byamuteye agahinda ndetse bimuviramo kurwara nyuma aza gupfa.

Nyuma y’urupfu rwa nyina uyu mugore yakomeje umubano na Se, nubwo bari baziko ari amakosa.

Uyu mugore avuga ko Se yazaga ku mutwara, bagiye mu biruhuko, ariko umugabo we ntibimubabaze, kubera ko yumvaga nta kibazo kirimo. 

Uyu mugore afite abana batatu bose yabyaranye na Se, kandi umugabo we aziko abana ari abe.

Nyuma y’imyaka yose ishize, uyu mugore aryamana na Se, amaze kurambirwa, ndetse akaba yifuza kubwiza ukuri umugabo we, ariko ikibazo yabuze aho abihera, kubera amahano yakoze.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles