Polisi yo mu Mujyi wa Sydney yatangaje ko umusaza w’imyaka 77 y’amavuko wagendaga n’amagura yapfiriye ku muhanda nyuma yo kugogwa n’imidoka umugonze agahita yiruka.
Ikinyamakuru Sydney Morning Herald dukesha iyi nkuru cyatangaje ko ibi byabaye ku munsi wejo ahagana sa Cyenda n’igice z’umugoroba ku muhanda witwa Roslyn. Imodoka yirukaga cyane yagonze uwo musaza ariko nayo yanga guhagarara.
Polisi ikaba yatangaje ko iperereza no gushakisha iyo modoka yamugonze bigikomeje.