Saturday, July 27, 2024

Top 5 This Week

Related Posts

Niba utuye muri Australia muntara ya “Queensland” dore uko Siporo izakorwa naho izakorerwa

Spread the love

Ubuyobozi bw’umuryango w’abanyarwanda batuye mu ntara ya “Queensland” muri Australia, butumiye abantu bose muri Siporo y’uku kwezi izaba ku wa 26 Werurwe (ukwezi kwa gatatu) muri uyu mwaka wa 2023.

Twese tuzahurira ku muhanda “Holman 17”, dutangire saa tatu za mugitondo (9pm), nta muntu numwe uhejwe kuko Siporo izakorwa hatitawe ku cyintu na kimwe.

Abazitabira izi siporo nibo bazihiti

ramo inzira ziboroheye n’ibindi,… Ubwo rero usabwe guhitamo ibikunogeye kuko tuzagendera ku byatowe na benshi.

Habaye hari icyo udasobanukiwe, waduhamagara kuri: 0430209652 cyangwa 0475 564 561 ubuyobozi bw’umuryango w’abanyarwanda batuye muri “Queensland” bukagufasha.

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

Popular Articles